
Ubusesenguzi: Icyo Arsenal ikwiye gukora ngo ubutatu busatirizi bwayo bube nk’ubwa Liverpool cyangwa City
Nyuma y’uko ikipe ya Arsenal iguze umunya-Cote d ‘Ivoire Nicolas Pepe, abantu biganjemo abafana bayo batekereje ko babonye ubusatirizi bw’abasore batatu bushobora kuba bugiye guhangana n’ubwa Liverpool cyangwa Manchester City …
Read More