
Nibisanzwe: I Kamembe muri BISA computers umukiriya ahabwa serivise ari kunywa ikawa y’ubuntu
Mu rwego rwo kurushaho gufata neza abakiriya bakeneye service za mudasobwa na interineti, inzu ya BISA Computers Cyber Café yazaanye agashya ko guha abakiliya babo ikawa cyane cyane muri aya …

mubirori bibereye ijisho ishuri Mount Carmel ryizihije ibirori bisoza umwaka wamashuri wa 2018-2019
mubirori bibereye ijisho ishuri Mount Carmel(MCS) ryizihije ibirori bisoza umwaka wamashuri wa 2018-2019 aho basojeje umwaka 60 muribo barangije P6 Ahobagiye kujya muri S1 Kubigo bigiye bitandukanye bitewe naho bazahabwa …

Kinyaga Awards season ya 6 igiye gutangira
Abakunzi ba muzika ya Kinyaga bari bamaze igihe bibaza impamvu irishanwa rya Kinyaga Awards ridatangira kandi mu myaka itanu imaze ryarajyaga ritangira mu kwezi k’ Ukwakira ariko amakuru agera ku …

BISA computers Cyber Café ku isonga mu gutera inkunga irushanwa ya Kivu Awards 2019
Mu gihe irushanwa rya Kivu Awards 2019 rigeze kure aho abahatana barigushakira amajwi mu matora yo kuri interineti azarangirana no kuwa 31 Ukwakira 2019, inzu itanga zerivise zijyanye na computer …

Online Fan Club Zone 5 ya APR FC Yizihije isabukuru y’Imyaka 3 imaze ibayeho
Mubirori byabereye Kicukiro Centre TerraVista Resto Bar iri hafi nakarere ka byaranzwe nudushya twinshi cyane ONLINE FAN CLUB ZONE 5 yizihije isabukuru y’Imyaka 3 imaze ibayeho itangiye gufana ndetse nogushyigikira …

Rusizi: BISA computers bari gufasha abashaka kugeregeza amahirwe yo kujya gutura Amerika n’izindi service z’ikoranabuhanga
Mu gihe hashize iminsi mike hatangiye uburyo bwo kugeregeza amahirwe ku batuye Isi bashaka kujya kuba muri Amerika, BISA Computers irigufasha abatuye mu mujyi wa Kamembe wo mu karere ka …

Mu Rwanda hagiye kubera ibitaramo bizahuza abahanzi amagana mu iserukiramuco Nyafurika ryitwa ‘Festival Afropolitain’
Iserukiramuco nyafurika ryitwa Festival Afropolitain Nomade riri mu yambere akomeye ku mugabane wa Afurika rigiye kuba ku nshuro ya karindwi, byamaze kwemezwa ko mu mwaka utaha wa 2020 rikazabera mu …

Kivu Awards 2019: Hasohotse urutonde ruzatoranywamo abanyuma bazahatanira ibi bihembo
Kuwa 08 Nzeri 2019 I Rubengera mu karere ka Karongi bahuriye abanyamakuru, abacuruza n’abakora ibikorwa bifite aho bihurira n’imyidagaduro aho batoye abahanzi, abaririmbyi n’abandi bakora imyidagaduro bahize abandi mu turere …

ADEPR Cyirabyo bateguye igiterane cy’ivugabutumwa kizamara iminsi itatu
Kuva kuwa 06 kugera kuwa 08 nzeri 2019, ku mudugudu wa Mutara paruwasi ya Cyirabyo ihererey mu murenge wa Mururu akarere ka Rusizi bateguye igiterane gifite intego yo kubwira abantu …

G Bruce arataramira I Musanze kuri uyu wa gatanu ahazamurikirwa indirimbo eshatu nshyashya
Nyuma y’iminsi abakunzi ba G-Bruce bibaza impamvu ibitaramo bye byibanda mu mujyi wa Kigali gusa ubu yatangiye no kweegera abo muntara ho Kuwagatanu azataramira I Musanze muri marebe club. Mu …